2

Ikoranabuhanga rya Artificial Intelligence (AI) ririmo kwihuta ku muvuduko ukomeye kandi ririmo guhindura ibyiciro byinshi by’ubuzima bw’iki gihe. Gusa, inzobere zimwe zifite impungenge z’uko rishobora gukoreshwa mu migambi mibisha kandi rikaba ribangamiye imirimo myinshi yakorwaga na muntu. AI ni iki kandi ikora ite? AI ituma mudasobwa ikora kandi ikanasubiza ku […]

Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Nkuko tubikesha urubuga Medisite na Docteur Daniel Scimeca, Umuganga w’inzobere, baradusobanurira indwara ndetse n’ibibazo umubiri wawe […]

Isi yuzuyemo amategeko menshi afasha abayituye kubaho neza no kwirinda ibyahungabanya umutekano n’umudendezo w’abandi cyangwa se ibidukikije. Hari ibihugu bimwe bibamo amategeko yihariye bitewe n’umuco wabo cyangwa se ikindi cyihariye cyatumye itegeko runaka rishyirwaho. Kwambara imyenda y’umuhondo muri Malaisie, kubyinira mu kabyiniro nyuma ya saa sita z’ijoro mu Buyapani cyangwa […]

Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu rukomeje kumva icyo abagabo 18 bavuga ku bihano basabiwe n’ubushinjacyaha. Baregwa ibyaha by’iyicarubozo mu magereza. Uhereye kuri Augustin Uwayezu wari umuyobozi wungirije wa Gereza ya Nyakiriba I Rubavu uri mu basabiwe gufungwa burundu, yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cy’ubushinjacyaha akagirwa umwere. Naho Innocent Kayumba bagenzi be […]

Muri Rwamagana,abaturage bemeza ko kuva hafungurwa ikigo kigamije guteza imbere isuku n’isukura bungutse ubumenyi ndetse binabegereza ibikoresho byibanze bari bakeneye. Umuyobozi w’ Ikigo cy’ isuku n’isukura mu Karere ka Rwamagana, Kabagambe Godfrey avuga ko habaye impinduka zikomeye mu myumvire y’abantu kugira ngo umuco n’isuku n’isukura wimakazwe. Kabagambe avuga ko kwegereza […]

Kuri uyu wa Gatanu, itariki 26 Mutarama 2024, Abayobozi bakuru n’abarwanashyaka ba Democratic Green Party of Rwanda (DGPR) bateraniye mu Karere ka Gasabo muri Congress yigiwemo ingingo zitandukanye zigomba kongerwa muri manifesto izakoreshwa mu matora ateganyijwe uyu mwaka. Ibitekerezo byatanzwe n’abarwanashyaka bizanozwa n’itsinda rishinzwe gutegura manifesto, kugirango bijye muri manifesto […]

Umuhanzi nyarwanda utuye muri Australia, Ras Bànamungu wari usanzwe umenyerewe nk’umunyamuziki w’umunyamwuga doré ko yanahimbye injyana ya KINHALL ubu arakataje mu kwandika ibitabo byafasha abantu guhindura ubuzima bwabo. Igitabo cya Ras Bànamungu “Unleashing your potential:A compréhensive guide tol personal développent coaching ” gishobora gufasha umusomyi kumenya byinbitse ubushobozi yifitemo Ku […]

Quick Links