Abantu 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka itwara abagenzi ya RITICO Express, yo mu bwoko bwa Bus Yutong, yavaga i Kigali yerekeza mu karere ka Huye. Amakuru avuga ko iyi mpanuka yabaye ubwo imodoka yari igeze mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Gacurabwenge, mu Kagari ka Nkingo, mu mudugudu wa […]

1

Mu gihe inzego z’ubuzima mu Rwanda zikomeje gukaza ingambwo zo kurwanya indwara zitandura zirimo n’indwara z’umutima, hari bamwe mu bahawe ubu buvuzi bemeza ko bagereranyije no mu bihe byashize, kwivuza indwara y’umutima bisigaye biborohera cyane, ibi bigashimangirwa na Minisiteri y’Ubuzima yizeza Abanyarwanda bose ko mu gihugu hasigaye hatangirwa ubuvuzi bw’indwara […]

In a significant event held on February 23, 2024, Kigali hosted an important gathering that brought together leaders from the Ministry of Health, experienced heart surgeons, dedicated cardiac care nurses, aspiring cardiology students, and individuals who have undergone treatment and recovery. Their collective aim was to collaborate and explore strategies […]

Ikigo Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, cyatangaje ko kuva tariki ya 26 Gashyantare kugeza ku wa 31 Werurwe 2024, abanyeshuri bazakora Ibizamini bya Leta bisoza amashuri abanza n’ayisumbuye mu mwaka w’amashuri wa 2023/2024 bazaba bari kwiyandikisha. Bikubiye mu Itangazo ryasohowe n’ubuyobiz bwa NESA rimenyesha abayobozi b’ibigo by’amashuri abanza, ay’iyisumbuye yigisha […]

1

In an eagerly awaited development, Ethereum’s forthcoming ‘Dencun’ upgrade, set to launch on March 13. Prominent crypto analyst Miles Deutscher has emphasized the significance of this major hard fork upgrade, underscoring its potential to propel the overall ecosystem forward. He also shared his top picks for alternative cryptocurrencies expected to […]

Long-term holders are actively transferring their Bitcoin to exchanges, capitalizing on the price surge beyond the $51,000 threshold. Long-term holders have sent their Bitcoins to exchanges for further selling, ever since the price of Bitcoin surpassed the $51,000 mark. Bitcoin may undergo short-term adjustments, as on-chain data indicates a shift […]

Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko guhera tariki 24/02/2024, hazatangira amatora azahera ku rwego rw’Umudugudu yo guhitamo abazahagararira uyu Muryango mu matora rusange ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka.  FRONT PATRIOTIQUE RWANDAIS – INKOTANYI ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU Amatora yo guhitamo abazahagararira Umuryango FPR- INKOTANYI mu matora […]

5

Hegitari eshatu zihinzeho imyaka itandukanye zatwawe n’Inkangu imvura itaguye, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyarubaka buvuga na bwo bwatunguwe. Abayobozi bavuga ko hari hegitari 3 z’ubutaka bw’abaturage bwariho ibihingwa bitandukanye bwatwawe n’Inkangu mu buryo butunguranye kuko nta mvura yagwaga.Iki kibazo cy’Inkangu yatwaye ubutaka izuba riva cyabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu […]

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na mugenzi we wa Sudani y’Epfo akaba n’umuyobozi w’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba muri iki gihe, bagiranye ibiganiro. Ku gicamunsi cy’ejo tariki ya 22 Gashyantare 2024, nibwo Perezida Salva Kiir yageze mu Rwanda. Ibiro by’umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko “Abayobozi bombi bagiranye ibiganiro byarimo n’ […]

Ubuyobozi bw’ ikigo Imana Agency Ltd, ni ikigo cyari cyateguye irushanwa ry’ubwiza rya ba Rudasumbwa (Mr. Rwanda), ryabaga ku nshuro yaryo ya mbere mu Rwanda, ariko rigahagarikwa bitunguranye bisiga benshi mu gihirahiro.Ubuyobozi bw’icyo kigo bwatangaje ko iryo rushanwa ryahagaze kubera ko amarushanwa y’ubwiza yari yahagaritswe muri rusange mu gihugu. Irushanwa […]

Quick Links