1

Amazu acururizwamo mu karere ka Musanze mu Majyaruguru y’u Rwanda yafashwe n’inkongi y’umuriro. Nta mvano y’iyi nkonmgi yatangajwe gusa ubuyobozi bwavuze ko intandaro ishobora kuba ari gaze y’imwe muri resitora zikorera aho yaturitse. Ibikoresho bibarirwa mu gaciro k’asaga Miliyoni 65 n’ibihumbi 300 y’u Rwanda ni byo bimaze kumenyekana ko byangijwe […]

Bamwe bayifata nk’ikibazo kibangamiye ubuzima ariko abandi bakayibonamo igishoro cyabyara inyungu. Rumwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye ruvuga ko imyanda myinshi ituruka muri uyu mujyi ishobora kubyazwa umusaruro iramutse itunganyijwe neza kandi bigakorwa n’ababizi. Biyemeje gushinga ikigo cyo kwegeranya iyi myanda no kuyitunganya kuburyo bayikuramo ifumbire. Ni ifumbire […]

Quick Links