Ku wa Gatandatu tariki 18/11/2023 mu turere 28 habaye ibikorwa byo gutera ibiti, muri gahunda ya Minisiteri y’Ibidukikije mu Rwanda yo gutera ingemwe z’ibiti zigera kuri miliyoni 63 zizaterwa muri iki gihe cy’Umuhindo, zirimo ibiti bisanzwe by’amashyamba, ibivangwa n’imyaka, ibiti by’imbuto ndetse n’imigano. Ikipe ya Orion Basketball Club nk’uko yari […]

Dr Mbonimana Gamariel yavuze ko nyuma yaho avuye mu Nteko Ishingamategeko ku mwanya w’Ubudepite,yari agiye guterezwa cyamunara, bituma agurisha ibibanza bye bibiri ndetse n’imodoka ya jeep Rav 4 nyuma yo kutabasha kwishyura neza inguzanyo. Ni mu kiganiro yagiranye na The Newtimes aho yavuze ingamba yafatiye inzoga zirimo nuko vuba yaba […]

Umuvugizi wa guverinoma, Yolande Makolo yabwiye Televiziyo y’Abongereza ya Sky TV ko harimo kunozwa amasezerano azatuma kohereza mu Rwanda abimukira basaba ubuhungiro mu Bwongereza byoroha, kuko u Rwanda rufite intego yo kubera igihugu cy’amahirwe impunzi n’abimukira baba bahunga ibibazo mu bihugu byabo. Mu kiganiro cyihariye yagiranye na Sky TV, Umuvugizi […]

Mu rwego rwo gukusanya amakuru no gukemura ibibazo by’abaturage ku buryo bwihuse, akarere ka Bugesera kashyizeho uburyo bw’ikoranabuhanga bwitwa “Wisiragira”, bukoreshwa habikwa no gutanga amakuru kuva mu nzego zo hasi kugera ku Karere. Ibi byagaragajwe mu gihe Akarere ka Bugesera kari mu Kwezi kw’imiyoborere myiza ku nsanganyamatsiko igira iti “Imiyoborere […]

1

Amazu acururizwamo mu karere ka Musanze mu Majyaruguru y’u Rwanda yafashwe n’inkongi y’umuriro. Nta mvano y’iyi nkonmgi yatangajwe gusa ubuyobozi bwavuze ko intandaro ishobora kuba ari gaze y’imwe muri resitora zikorera aho yaturitse. Ibikoresho bibarirwa mu gaciro k’asaga Miliyoni 65 n’ibihumbi 300 y’u Rwanda ni byo bimaze kumenyekana ko byangijwe […]

Bamwe bayifata nk’ikibazo kibangamiye ubuzima ariko abandi bakayibonamo igishoro cyabyara inyungu. Rumwe mu rubyiruko rwo mu karere ka Huye ruvuga ko imyanda myinshi ituruka muri uyu mujyi ishobora kubyazwa umusaruro iramutse itunganyijwe neza kandi bigakorwa n’ababizi. Biyemeje gushinga ikigo cyo kwegeranya iyi myanda no kuyitunganya kuburyo bayikuramo ifumbire. Ni ifumbire […]

Quick Links