Amaze gushimirwa ibyiza yagejeje ku Mpuzamashyirahamwe ya RFTC, Col. Rtd TWAHIRWA Dodo yagiriwe icyizere cyo kongera kuyobora RFTC akaba yizeje Abanyamuryango kubageza ku iterambere rishimishije. Kuri uyu wa Kane tariki 28 Werurwe 2024 i Kigali mu Rwanda habereye igikorwa cyo gutora abayobozi b’impuzamashyirahamwe ya RFTC ikora ibikorwa byo gutwara abantu […]

Hakorwa ibiganza by,impuwe :mugufasha urubyiruko kuva mubibi binyuriye muri siporo . Hakorwa ibihanza byimpuwe nkumuryango wagikirisitu wateguye amarushanwa ya sipro y’umupira wamaguru ngaruka mwaka kurubyiruko rwo mumurenge wa Gahanga,namarushanwa agamije gukura urubyiruko mubwigunge nokureka ingeso mbi zituma urubyiruko rwishora mubiyobyabwenge uburaya, ubujura guta amashuri nindi byose bituma urubyiruko ruta inzozi […]

Ni mu rwego rwo gutegura ubushakashatsi buziyongera Ku bwakoze kugeza muri 2020 bwagaragaje ko akato kari kuri 13%. Muri uru rugamba rwo kurwanya akato no kugaca burundu ,Urugaga Nyarwanda rw’ abafite virusi itera SIDA (RRP+) Kimwe na Leta y’ u Rwanda ibicishije muri MINEDUC, MINISANTE ndetse na RBC bihaye intego […]

Abantu 25 bakomerekeye mu mpanuka y’imodoka itwara abagenzi ya RITICO Express, yo mu bwoko bwa Bus Yutong, yavaga i Kigali yerekeza mu karere ka Huye. Amakuru avuga ko iyi mpanuka yabaye ubwo imodoka yari igeze mu Karere ka Kamonyi mu Murenge wa Gacurabwenge, mu Kagari ka Nkingo, mu mudugudu wa […]

1

Mu gihe inzego z’ubuzima mu Rwanda zikomeje gukaza ingambwo zo kurwanya indwara zitandura zirimo n’indwara z’umutima, hari bamwe mu bahawe ubu buvuzi bemeza ko bagereranyije no mu bihe byashize, kwivuza indwara y’umutima bisigaye biborohera cyane, ibi bigashimangirwa na Minisiteri y’Ubuzima yizeza Abanyarwanda bose ko mu gihugu hasigaye hatangirwa ubuvuzi bw’indwara […]

Quick Links