Nyuma y’ imyaka 7 akora umwuga wa coiffure, Mawo Ndakaza yemera ko ikintu cyose ukoranye umutima ushaka gishobora guhindura ubuzima. Mawo ni inzobere mu kogoshya abagabo,abagore ndetse n’ abana impano avuga ko akesha nyir’ ibiremwa. Aganira na Oasisgazette.rw ,Mawo avuga uburyo yatangiye kwiyubaka akoresha ubuhanga mu gutunganya products ziribwa nka […]

Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko umutwe w’ingabo zawo zoherejwe mu butumwa muri DR Congo ugiye gukora ibitero, ufatanyije n’ingabo za leta, byo “kurangiza inyeshyamba za M23 no kugarura amahoro n’umutekano”. SADC yatangaje ibi mu itangazo ryamagana ibisasu byarashwe ku mpunzi z’imbere mu gihugu ku nkambi ya […]

Kampani Marechal Real Esate igurisha ibibanza byubakwamo amazi cyashikirije ikibanza umuhanzi akaba n’ umushushyarugamba Yago. Iki igikorwa cyabereye i Kigali kur’uyu wa gatanu tariki 3 Gicurasi 2024 aho uyu muhanzi yashyikirijwe ikibanza giherereye mu Karere ka Gasabo. Muri iki gikorwa cyitabiriwe na benshi Yago yagizwenambasaderi w’Iyi kampanimu gihe cy’Amezi atatu. […]

Hashize imyaka irenga 10 gutwika umurambo w’uwapfuye byemewe mu mategeko y’u Rwanda ariko ubu buryo busa n’ubwatinywe n’abantu bose nyamara bugaragazwa nk’imwe mu nzira zafasha kuzigama ubutaka bwakoreshwaga nk’amarimbi. Irimbi rya Rusororo ni rimwe mu yamamaye kubera urujya n’uruza ruhahora ndetse mu gihe gito nta gikozwe ahashyingurwa abantu basanzwe haba […]

Urukiko Rukuru rwa Kigali ruri i Nyamirambo, rwasubitse urubanza Uwajamahoro Nadine aregamo ibitaro bya La Croix du Sud uburangare bwatumye umwana we avukana ubumuga. Umucamanza yagaragaje ko mu iburanisha riheruka hari hasabwe ko raporo yakozwe n’urugaga rw’abaganga n’abavuzi b’amenyo mu Rwanda yazifashishwa mu mikirize y’uru rubanza, kandi ababuranyi bose babyemeranyijeho. […]

Quick Links