Umuherwe w’Umunyarwanda Tribert Rujugiro Ayabatwa, wari umaze imyaka yarahunze u Rwanda, yapfuye ku myaka 83. Hagati aho, mu kiganiro n’ikinyamakuru New Vision cyo muri Uganda mu 2019, yavuze ko atazi imyaka ye neza kuko ubwo yavukaga hatari hariho uburyo ubutegetsi bwandikaga abana bavutse, gusa ngo yabwiwe ko yavutse mu ntagiriro […]
Year: 2024
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuriza Charles (KNC), yaburiye Police FC mbere y’uko amakipe yombi ahurira ku mukino w’Igikombe cy’Amahoro. Uyu ni umukino uteganyijwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 16 Mata 2024, ubwo haza kuba hatangira gukinwa imikino ibanza ya ½ cy’Igikombe cy’Amahoro. Gasogi United FC […]
AFC/M23 ya Corneille Nangaa, yakiriye Ange Kalonji wari uhagarariye ishyaka rya Felix Tshisekedi, UDPS muri Diaspora, akaba yagaragaye i Rutshuru mu ntara ya Kivu y’amajyaruguru mu Burasirazuba bwa Repubulika iharanira demukarasi ya Congo. Umuvugizi wa AFC/M23, mu bya politike, Lawrence Kanyuka, yavuze ko abayobozi bakuru bo mu ishyaka rya UDPS […]
Perezida Kagame yabwiye abinjiye mu ngabo z’u Rwanda ko umwuga w’igisirikare utagizwe gusa no kurwana intambara ahubwo ko bafite inshingano yo kurinda Abanyarwanda icyababuza iterambere, bakarwana intambara zifitiwe ibisobanuro. Hashize iminsi ibihugu bimwe bituranye n’u Rwanda byigamba ko bizashoza intambara ku Rwanda ndetse bigakuraho ubuyobozi bukuru bw’igihugu. Ubuyobozi bw’u Rwanda […]
Umuyobozi Nshingwa bikorwa w’Akarere ka Nyarugenge Ngabonziza Emmy, yavuze ko mu rwego rwo kwibuka no guha agaciro abishwe muri Jenoside yakorewe abatutsi baroshywe muri Nyabarongo hariho hatekerezwa ku bakwa Urwibutso rujyanye n’igihe, kuburyo abaje kwibuka bazajya babona naho bashyira indabo. Ibi yabigarutseho mu muhango wo gutangiza icyumweru ndetse n’iminsi 100 […]
Ingabo n’Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bwo kubungabunga amahoro muri Sudani y’Epfo (UNMISS) na Repubulika ya Centrafrique ( MINUSCA) zifatanyije n’Abanyarwanda n’inshuti zabo mu gikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi muri Mata 1994. Kuri uyu wa 7 Mata 2024, mu Rwanda no ku Isi yose […]
Tariki ya 8 Mata ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda bibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Mu rwego rwo gukomeza kuzirikana abazize Jenoside yakorewe Abatutsi, menya bimwe byaranze uyu munsi wa kabiri. ubwicanyi no gutwikira Abatutsi byari byatangiriye […]
Abaturage bo mu Murenge wa Ruvune, mu karere ka Gicumbi, ahatangirijwe icyumweru cyo kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi, bavuze ko banyuze mu nzira y’umusaraba itaboroheye. Ni ububamya bwagarutsweho n’ abarokokeye mu Murenge wa Ruvune wahoze witwa komini Bwisige ,ubu mu kagari ka Gashirira ,mu Karere ka Gicumbi. […]
RBC, MINUBUMWE na AVEGA barasaba Abanyarwanda kwinjira mu cyumweru cyo kwibuka birinda ibikorwa byo guhutazanya, bityo bakubaka ubudaheranwa. Ni mu gihe u Rwanda rugiye kwinjira mu bikorwa byo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 ku nshuro ya 30. Ibi byashimangiwe Kur’uyu wa Kane tariki ya 4 Mata 2024, i Kigali […]
Abafatanyabikorwa mu mushinga ugamije guteza imbere ubukungu bwisubira mu bijyanye n’uruhererekane rw’ibiribwa batangaje ko hari imishinga mito n’iciriritse ihabwa ubufasha mu bya tekinike kugira ngo ibashe guteza imbere ubukungu bwisubira. Ibi bikorwa mu bijyanye no gutunganya ibiribwa, hagamijwe kongera umusaruro,kubaganya ibyangirika no kubungabunga ibidukikije. Uyu mushinga ushyirwa mu bikorwa n’Ikigo […]