Umuryango mpuzamahanga utabara ibambare ku isi Croix Rouge CICR watangije ihuriro mpuzamanga ku kamaro k’ikoranabuhanga nka kimwe mu byifashishwa mu gusoza inshingano zishingiye ahanini
UBUKUNGU
SINA GERARD akomeje kwesa imihigo no guhesha ishema Igihugu
Umuyobozi wa Entreprise Urwibutso Dr SINA Gerard akomeje kwesa imihigo, nyuma yo kumenyekana mu bucuruzi bw’ibyo kunywa bitandukanye n’ibyo kurya ndetse no guhanga udushya
Abanywa ibinyobwa bikomoka kuri tangawizi barahumurizwa ko nta ngaruka byabagiraho.
Bamwe mu bakora ibyo kunywa bikomoka kuri tangawizi ibi bizwi nka Kambuca barahumuriza ababikoresha bavuga ko nta ngaruka bishobora kubagiraho, kuko ari bihingwa bitandukanye
Menya byinshi ku mugati wa ILITE BREAD ukunzwe na bamwe mu bayobozi bakuru mu Gihugu
Ni umugati ukorwa n’uruganda rwa ILITE BREAD LTD ruherereye mu Karere ka Kamonyi, Umurenge wa Runda, Akagari ka Ruyenzi ukaba ari umugati wahoze ukorerwa
Bamwe mu bayobozi b’ibigo by’amashuri bavuga ko kugira imodoka bwite y’ikigo itwara abanyeshuri ari akarusho
Kuri uyu wa mbere tariki ya 9 Mutarama 2023, mu Rwanda hose hatangiye igihembwe cya kabiri cy’umwaka w’amashuri 2022- 2023. ni igihembwe cyatangiranye impinduka
Afrika irasabwa kutemera inguzanyo y’Ibihugu bikize yo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe
Ibihugu bya Afrika birasabwa kutemera ko amafaranga ava mu bihugu bikize byo ku Isi yo kurengera imihindagurikire y’ibihe Yaba inguzanyo izishyurwa ahubwo ko Yaba
ALTM Industrial Development Limited: Ikitegererezo mu guha Agaciro amwe mu mabuye y’agaciro acukurwa mu Rwanda
Ubusanzwe ALTM ni sosiyete ifite uruganda rutunganya amabuye y’Agaciro atandukanye arimo Lithium Precieuse nandi aho bayakoramo ibintu bitandukanye birimo imikufi, amaherena meza, imitako myiza
Rwanda Chamber of Tourism to host the 2022 Edition of the Rwanda Tourism Week
Rwanda Chamber of Tourism (RCOT) is pleased to announce that the 2022 edition of the Rwanda Tourism Week, will take place from November 26th
Mu Rwanda hatangijwe ikigo gicuruza imiti ifasha kurwanya umugese
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 1 Ugushyingo, I Kigali hafunguwe ku mugaragaro ikigo mpuzamahanga gicuruza imiti ifasha mu kurwanya umugese kizwi nka ZINGA
RCSP ivuga ko nta tangazamakuru ikenera cyane mu bikorwa byayo
Ubwo hamurikwaga ubushakashatsi bwakozwe n’Ihuriro r’Imiryango Itegamiye kuri Leta rizwi nka Rwanda Civil Societe Platform (RCSP) kuri uyu wa gatanu tariki 28 Ukwakira 2022,