The Africa Soft Power Summit, renowned for its role as a premier convener of Africa’s creative and tech industries, and women’s leadership, has returned to Kigali running from May 28th to May 31st, 2024. This event will unite private and public sector leaders, innovators, and emerging young leaders from across […]

Turabamenyesha ko uwitwe Rwagahutu David mwene Shiramaka Etienne na Nyirampabuka Marthe utuye mu Mudugudu w’ Abatarushwa , akagali ka Rwezamenyo, Akarere ka Nyarugenge,mu Mujyi wa Kigali yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo Rwanyagahutu David akitwa Mugisha David mu gitabo cy’ irangamirere. Impamvu atanga yo guhinduza amazina ni uko […]

Umwe mu rubyiruko Musinguzi Frank yashyikirije kandidatire ye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) aho yifuza kuba umukandida wigenga ku mwanya w’Abadepite mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Musinguzi Frank wakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, yatanze ibyangombwa byose bisabwa ndetse agaragaza ko yiteguye gutsindira umwanya mu gihe kandidatire […]

Nyuma y’ imyaka 7 akora umwuga wa coiffure, Mawo Ndakaza yemera ko ikintu cyose ukoranye umutima ushaka gishobora guhindura ubuzima. Mawo ni inzobere mu kogoshya abagabo,abagore ndetse n’ abana impano avuga ko akesha nyir’ ibiremwa. Aganira na Oasisgazette.rw ,Mawo avuga uburyo yatangiye kwiyubaka akoresha ubuhanga mu gutunganya products ziribwa nka […]

Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko umutwe w’ingabo zawo zoherejwe mu butumwa muri DR Congo ugiye gukora ibitero, ufatanyije n’ingabo za leta, byo “kurangiza inyeshyamba za M23 no kugarura amahoro n’umutekano”. SADC yatangaje ibi mu itangazo ryamagana ibisasu byarashwe ku mpunzi z’imbere mu gihugu ku nkambi ya […]

Kampani Marechal Real Esate igurisha ibibanza byubakwamo amazi cyashikirije ikibanza umuhanzi akaba n’ umushushyarugamba Yago. Iki igikorwa cyabereye i Kigali kur’uyu wa gatanu tariki 3 Gicurasi 2024 aho uyu muhanzi yashyikirijwe ikibanza giherereye mu Karere ka Gasabo. Muri iki gikorwa cyitabiriwe na benshi Yago yagizwenambasaderi w’Iyi kampanimu gihe cy’Amezi atatu. […]

Quick Links