Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko guhera tariki 24/02/2024, hazatangira amatora azahera ku rwego rw’Umudugudu yo guhitamo abazahagararira uyu Muryango mu matora rusange ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka.  FRONT PATRIOTIQUE RWANDAIS – INKOTANYI ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU Amatora yo guhitamo abazahagararira Umuryango FPR- INKOTANYI mu matora […]

5

Hegitari eshatu zihinzeho imyaka itandukanye zatwawe n’Inkangu imvura itaguye, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyarubaka buvuga na bwo bwatunguwe. Abayobozi bavuga ko hari hegitari 3 z’ubutaka bw’abaturage bwariho ibihingwa bitandukanye bwatwawe n’Inkangu mu buryo butunguranye kuko nta mvura yagwaga.Iki kibazo cy’Inkangu yatwaye ubutaka izuba riva cyabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu […]

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na mugenzi we wa Sudani y’Epfo akaba n’umuyobozi w’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba muri iki gihe, bagiranye ibiganiro. Ku gicamunsi cy’ejo tariki ya 22 Gashyantare 2024, nibwo Perezida Salva Kiir yageze mu Rwanda. Ibiro by’umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko “Abayobozi bombi bagiranye ibiganiro byarimo n’ […]

Ubuyobozi bw’ ikigo Imana Agency Ltd, ni ikigo cyari cyateguye irushanwa ry’ubwiza rya ba Rudasumbwa (Mr. Rwanda), ryabaga ku nshuro yaryo ya mbere mu Rwanda, ariko rigahagarikwa bitunguranye bisiga benshi mu gihirahiro.Ubuyobozi bw’icyo kigo bwatangaje ko iryo rushanwa ryahagaze kubera ko amarushanwa y’ubwiza yari yahagaritswe muri rusange mu gihugu. Irushanwa […]

2

Ikoranabuhanga rya Artificial Intelligence (AI) ririmo kwihuta ku muvuduko ukomeye kandi ririmo guhindura ibyiciro byinshi by’ubuzima bw’iki gihe. Gusa, inzobere zimwe zifite impungenge z’uko rishobora gukoreshwa mu migambi mibisha kandi rikaba ribangamiye imirimo myinshi yakorwaga na muntu. AI ni iki kandi ikora ite? AI ituma mudasobwa ikora kandi ikanasubiza ku […]

Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo kunywa amazi buri munsi. Nkuko tubikesha urubuga Medisite na Docteur Daniel Scimeca, Umuganga w’inzobere, baradusobanurira indwara ndetse n’ibibazo umubiri wawe […]

Isi yuzuyemo amategeko menshi afasha abayituye kubaho neza no kwirinda ibyahungabanya umutekano n’umudendezo w’abandi cyangwa se ibidukikije. Hari ibihugu bimwe bibamo amategeko yihariye bitewe n’umuco wabo cyangwa se ikindi cyihariye cyatumye itegeko runaka rishyirwaho. Kwambara imyenda y’umuhondo muri Malaisie, kubyinira mu kabyiniro nyuma ya saa sita z’ijoro mu Buyapani cyangwa […]

Urukiko rwisumbuye rwa Rubavu rukomeje kumva icyo abagabo 18 bavuga ku bihano basabiwe n’ubushinjacyaha. Baregwa ibyaha by’iyicarubozo mu magereza. Uhereye kuri Augustin Uwayezu wari umuyobozi wungirije wa Gereza ya Nyakiriba I Rubavu uri mu basabiwe gufungwa burundu, yasabye urukiko gutesha agaciro ikirego cy’ubushinjacyaha akagirwa umwere. Naho Innocent Kayumba bagenzi be […]

Muri Rwamagana,abaturage bemeza ko kuva hafungurwa ikigo kigamije guteza imbere isuku n’isukura bungutse ubumenyi ndetse binabegereza ibikoresho byibanze bari bakeneye. Umuyobozi w’ Ikigo cy’ isuku n’isukura mu Karere ka Rwamagana, Kabagambe Godfrey avuga ko habaye impinduka zikomeye mu myumvire y’abantu kugira ngo umuco n’isuku n’isukura wimakazwe. Kabagambe avuga ko kwegereza […]

Quick Links