Umuryango FPR Inkotanyi watangaje ko guhera tariki 24/02/2024, hazatangira amatora azahera ku rwego rw’Umudugudu yo guhitamo abazahagararira uyu Muryango mu matora rusange ya Perezida wa Repubulika n’ay’Abadepite ateganyijwe muri Nyakanga uyu mwaka.  FRONT PATRIOTIQUE RWANDAIS – INKOTANYI ITANGAZO RIGENEWE ABANYAMAKURU Amatora yo guhitamo abazahagararira Umuryango FPR- INKOTANYI mu matora […]

5

Hegitari eshatu zihinzeho imyaka itandukanye zatwawe n’Inkangu imvura itaguye, Ubuyobozi bw’Umurenge wa Nyarubaka buvuga na bwo bwatunguwe. Abayobozi bavuga ko hari hegitari 3 z’ubutaka bw’abaturage bwariho ibihingwa bitandukanye bwatwawe n’Inkangu mu buryo butunguranye kuko nta mvura yagwaga.Iki kibazo cy’Inkangu yatwaye ubutaka izuba riva cyabaye mu gitondo cyo ku wa Gatatu […]

Perezida wa Repubulika Paul Kagame na mugenzi we wa Sudani y’Epfo akaba n’umuyobozi w’umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba muri iki gihe, bagiranye ibiganiro. Ku gicamunsi cy’ejo tariki ya 22 Gashyantare 2024, nibwo Perezida Salva Kiir yageze mu Rwanda. Ibiro by’umukuru w’Igihugu, Village Urugwiro, byatangaje ko “Abayobozi bombi bagiranye ibiganiro byarimo n’ […]

Ubuyobozi bw’ ikigo Imana Agency Ltd, ni ikigo cyari cyateguye irushanwa ry’ubwiza rya ba Rudasumbwa (Mr. Rwanda), ryabaga ku nshuro yaryo ya mbere mu Rwanda, ariko rigahagarikwa bitunguranye bisiga benshi mu gihirahiro.Ubuyobozi bw’icyo kigo bwatangaje ko iryo rushanwa ryahagaze kubera ko amarushanwa y’ubwiza yari yahagaritswe muri rusange mu gihugu. Irushanwa […]

Quick Links