Kuwa 30 Nyakanga 2024, ubwo hatangizwaga ku mugaragaro iri murikagurisha, abayobozi barimo Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda, umuyobozi w’Urugaga rw’abikorera, n’Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda, basuye ahantu hatandukanye hari gutangirwa serivisi zitandukanye ndetse n’ahari gucururizwa ibicuruzwa bitandukanye banareba uko imurikagurisha riri kugenda muri rusange. Bamwe mu bitabiriye iri murikabikorwa mpuzamahanga harimo Ihuriro […]

The Africa Soft Power Summit, renowned for its role as a premier convener of Africa’s creative and tech industries, and women’s leadership, has returned to Kigali running from May 28th to May 31st, 2024. This event will unite private and public sector leaders, innovators, and emerging young leaders from across […]

Turabamenyesha ko uwitwe Rwagahutu David mwene Shiramaka Etienne na Nyirampabuka Marthe utuye mu Mudugudu w’ Abatarushwa , akagali ka Rwezamenyo, Akarere ka Nyarugenge,mu Mujyi wa Kigali yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo Rwanyagahutu David akitwa Mugisha David mu gitabo cy’ irangamirere. Impamvu atanga yo guhinduza amazina ni uko […]

Umwe mu rubyiruko Musinguzi Frank yashyikirije kandidatire ye Komisiyo y’Igihugu y’Amatora (NEC) aho yifuza kuba umukandida wigenga ku mwanya w’Abadepite mu matora ateganyijwe muri Nyakanga 2024. Musinguzi Frank wakiriwe na Perezida wa Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, Oda Gasinzigwa, yatanze ibyangombwa byose bisabwa ndetse agaragaza ko yiteguye gutsindira umwanya mu gihe kandidatire […]

Nyuma y’ imyaka 7 akora umwuga wa coiffure, Mawo Ndakaza yemera ko ikintu cyose ukoranye umutima ushaka gishobora guhindura ubuzima. Mawo ni inzobere mu kogoshya abagabo,abagore ndetse n’ abana impano avuga ko akesha nyir’ ibiremwa. Aganira na Oasisgazette.rw ,Mawo avuga uburyo yatangiye kwiyubaka akoresha ubuhanga mu gutunganya products ziribwa nka […]

Umuryango w’ubukungu w’ibihugu bya Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko umutwe w’ingabo zawo zoherejwe mu butumwa muri DR Congo ugiye gukora ibitero, ufatanyije n’ingabo za leta, byo “kurangiza inyeshyamba za M23 no kugarura amahoro n’umutekano”. SADC yatangaje ibi mu itangazo ryamagana ibisasu byarashwe ku mpunzi z’imbere mu gihugu ku nkambi ya […]

Quick Links